“Lockdown yashobokaga ariko dushyira ku munzani" - Minisitiri w'Intebe
Kugeza ku wa Mbere tariki 28 Kamena 2021, mu Rwanda abantu bari bamaze kwandura Coronavirus ni 37.384 barimo 427 imaze guhitana. Mu kiganiro n'abanyamakuru, Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente Edouard yavuze ko kuba nta Guma mu rugo yashyizweho bitaturutse ku busabe bw’abaturage, ahubwo byashyizwe ku munzani hakarebwa inyungu ku mibereho y’abaturage. “Ndangira ngo mutumva ko kuba tutayishyizeho uyu munsi ari uko twayibarindaga nkuko mwabidusabye, nayo yashobokaga ariko dushyira ku munzani. Bivuze ngo dukomeze twirinde, n’iyo lockdown ishobora kuzagera ikongera ikaba bitewe n’uko imibare yazamutse.”
Camera & Editing: Richard Kwizera
Видео “Lockdown yashobokaga ariko dushyira ku munzani" - Minisitiri w'Intebe канала Kigali Today
Camera & Editing: Richard Kwizera
Видео “Lockdown yashobokaga ariko dushyira ku munzani" - Minisitiri w'Intebe канала Kigali Today
Показать
Комментарии отсутствуют
Информация о видео
Другие видео канала
Naringiye kuba Padiri/ Naranywaga nkasinda/Kwakira Perezida mu Kiganiro nabize icyuya: BaroreKenya Presidential Debate 2013 [Full Video]Ese bagiye he | Makanyaga AbdoulMimi la Rose yatubwiye amateka ya Mama Munyana waririmbwe na Orchestre ImpalaDore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri 'Mobile Money' z'abantuIbyo Perezida Kagame yakoreye umukire Chez John // Iyumvire ubuhamya bwe burambuyePerezida Kagame i Goma II Yasuye ahangijwe n’iruka ry’ikirunga cya NyiragongoGoma/Rubavu: Irebere uko umutekano wari wakajijwe ku butaka no mu mazi#Umushyikirano2019: Cleophas Barore yasekeje abantu ubwo yari ayoboye ikiganiroUmutoni Grace amenye inkomoko ye nyuma y'imyaka 26. Byasabye gukora ADNUwahoze muri FDLR yatanze ubuhamya mu rubanza rwa RusesabaginaU Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi 19 ba RED Tabara#Kugicaniro Ntibantunganya ati :"Twinjiye muri UPRONA kugira ducengetere.:tumenye strategies zabo"Ntabwo Inkotanyi zateye u Rwanda - Maj. Gen BayinganaRIB yagaruje amafaranga asaga Miliyoni 771 yari yibwe umushoramariYanze kugumana umukozi we urwaye COVID-19, afatwa amucyuye rwihishwaBYIHUSE: Undi mu PEREZIDA muri EAC agiye gupfa!|| U Rwanda|| P. Bosco Imana imubwiye n' ibya KOVIDERIB yafunze batanu bakurikiranweho uburiganya bwo kugurisha inzu n'ibibanza by'abandiEse Bagiye he? Buhigiro Jacques yahimbye indirimbo 60 asohora 20Mfite UBWOBA😥Mbayeho mu gahinda nubwo mfite UBUKIRE|Gafaranga yahawe Cadeau y'imodoka|Nta byishimo..