Загрузка страницы

“Lockdown yashobokaga ariko dushyira ku munzani" - Minisitiri w'Intebe

Kugeza ku wa Mbere tariki 28 Kamena 2021, mu Rwanda abantu bari bamaze kwandura Coronavirus ni 37.384 barimo 427 imaze guhitana. Mu kiganiro n'abanyamakuru, Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente Edouard yavuze ko kuba nta Guma mu rugo yashyizweho bitaturutse ku busabe bw’abaturage, ahubwo byashyizwe ku munzani hakarebwa inyungu ku mibereho y’abaturage. “Ndangira ngo mutumva ko kuba tutayishyizeho uyu munsi ari uko twayibarindaga nkuko mwabidusabye, nayo yashobokaga ariko dushyira ku munzani. Bivuze ngo dukomeze twirinde, n’iyo lockdown ishobora kuzagera ikongera ikaba bitewe n’uko imibare yazamutse.”

Camera & Editing: Richard Kwizera

Видео “Lockdown yashobokaga ariko dushyira ku munzani" - Minisitiri w'Intebe канала Kigali Today
Показать
Комментарии отсутствуют
Введите заголовок:

Введите адрес ссылки:

Введите адрес видео с YouTube:

Зарегистрируйтесь или войдите с
Информация о видео
30 июня 2021 г. 11:35:04
01:05:46
Яндекс.Метрика