Загрузка страницы

Dushimiyimana ari kubaka ikoranabuhanga rizifashishwa mu kwishyura lisansi kuri sitasiyo

Dushimiyimana Jean Baptiste akiri ku ntebe y’ishuri yagize igitekerezo cyo kubaka ikoranabuhanga rizoroshya serivisi yo kugura no kwishyura lisansi mu Rwanda. Agisoza amasomo ye mu Ishuri Rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Tumba yakomeje uwo mushinga.

Uyu musore w’imyaka 27 yasoje amasomo ye muri Tumba College of Technology (TCT) mu 2019 mu bijyanye na Electronics.

Mu gusoza amasomo ye yatanze umushinga wo kubaka ikoranabuhanga rizajya ryifashishwa mu kwishyura lisansi kuri sitasiyo zitandukanye. Iki gitekerezo yagisangije bagenzi be barimo na Nirere Claudette biganye muri TCT.

Subscribe: https://www.youtube.com/IgiheTV?sub_confirmation=1
Facebook: https://web.facebook.com/igihe
DailyMotion: https://www.dailymotion.com/igihetelevision
Twitter: https://twitter.com/IGIHE
Instagram: https://www.instagram.com/igiheofficial
Flickr: https://www.flickr.com/photos/igihepictures/
Website: http://igihe.com/

#IGIHE #Rwanda #Ikoranabuhanga

Видео Dushimiyimana ari kubaka ikoranabuhanga rizifashishwa mu kwishyura lisansi kuri sitasiyo канала IGIHE
Показать
Комментарии отсутствуют
Введите заголовок:

Введите адрес ссылки:

Введите адрес видео с YouTube:

Зарегистрируйтесь или войдите с
Информация о видео
26 августа 2020 г. 14:43:10
00:16:54
Яндекс.Метрика